Umugore w’imyaka 31 aherutse gufatirwa mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro afatanwa udupfunyika 3, 117 tw’urumogi. Twose dufite agaciro karenga miliyoni 3 Frw kuko...
Hari abanyeshuri biga muri TVET ya Bumba iri mu Murenge wa Mushubati n’abandi biga muri TVET yitwa Kivu Hills mu Murenge wa Boneza bavuga ko Akarere...
Abaturage bo mu Turere twa Rutsiro, Ngororero, Nyabihu na Rubavu bavuga ko hari igikoko gituruka muri Pariki ya Gishwati-Mukura kica inyana zabo. Kugeza ubu kimaze kwica...
Taarifa yamenye ko Umushinwa witwa Shujun Sun ari we uherutse kugaragara mu mashusho akorera Abanyarwanda icyo inzego z’umutekano zise iyicarubozo. Umwe mu bayobozi mu nzego z’ibanze...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rufunze abantu barimo Umushinwa, bakekwaho ibyaha bibiri byo gukubita no kwica urubozo, byakorewe mu Karere ka Rutsiro. Kuri uyu wa Mbere...