Umunyarwandakazi uyobora Ikigo Nyafurika gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi, AGRA, Dr. Agnes Kalibata avuga ko intambwe Afurika igezeho mu kongerera agaciro ibikomoka ku buhinzi ishimishije. Yabivugiye i Nairobi...
Mu rwego rwo gufasha ba rwiyemezamirimo gushora mu mishinga igamije guha abaturage amashanyarazi akomoka ku ngufu zisubira, Banki Nyafurika y’ubucuruzi n’iterambere, Trade and Development Bank, irabahamagarira...
Umukuru w’u Rwanda yaraye abwiye ba rwiyemezamirimo bo muri Amerika ko Abanyrwanda basobanukire neza aho baturutse , aho bageze ndetse n’aho bagana. Aba ba rwiyemezamirimo bagize...
Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye ba rwiyemezamirimo 26 bagize Umuryango witwa Young Presidents Organization . Bari mu rugendo bazakora mu bihugu bitandatu birimo n’u...
Mu Karere ka Muhanga Umurenge wa Nyamiyaga urukiko rwisumbuye rw’uyu Murenge rwaraye rukatiye uwari Umunyamabanga nshingwabikorwa w’agateganyo w’uyu Murenge witwa Jean de Dieu Kubwimana na rwiyemezamirimo...