‘By’agateganyo’, Madamu Esperance Nyirasafari niwe ugiye kuyobora Sena y’u Rwanda nyuma y’uko Dr. Augustin Iyamuremye yeguye. Mu ijoro ryakeye nibwo Dr. Iyamuremye yasohoye itangazo rivuga ko...
Dr. Augustin Iyamuremye yaraye atangaje ko yeguye ku nshingano zo kuyobora Sena y’u Rwanda. Ibaruwa yanditse iby’iyegura rye ivuga ko yabikoze bitewe n’uburwayi. Hashize imyaka umunani...
Abasenateri babajije abapolisi bakuru muri Polisi y’u Rwanda iby’amakamyo bita ‘DIPINE’( ubusanzwe yitwa HOWO) amaze iminsi akora impanuka zigahitana Abanyarwanda. Polisi yasubije ko hari iperereza ryimbitse...
Guhera Taliki 05, Nzeri, 2022 abayobozi bakuru b’ibigo bya Leta byagaragaweho gusesagura cyangwa gucunga nabi umutungo wa Leta mu buryo butandukanye, bazatangira kwitaba Komisiyo ishinzwe imikoreshereze...
Abagize Sena y’u Rwanda bari mu mwiherero w’iminsi itatu ugamije kwisuzuma ngo barebe uko buzuza inshingano zabo. Watangiye Taliki 27 ukazarangira Taliki 30 Nyakanga 2022. Ugamije...