Hashize imyaka mike Ikigo cy’igihugu cy’uburezi gitangaje ko iyo urebye ibitabo bigenewe abana b’u Rwanda ariko byacapiwe hanze usangamo amakosa menshi y’imyandikire. Iki kigo cyavuze ko...
Hari Kuwa Kabiri taliki 01, Ukuboza, 2020 ubwo Nyakubahwa Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yabwiraga Intumwa za rubanda uko uburezi buhagaze. Yavuze ko muri 2018 ari...