Umuyobozi muri Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa Commissioner of Police George Rumanzi asaba abatuye Kigali gukorera Siporo aho byemewe ku masaha yemewe, bakirinda kurenga imbibi z’imidugudu...
Minisiteri ya Siporo n’Umuco yatangaje ko siporo yemewe mu Mujyi wa Kigali ari ikorerwa mu ngo ariko abashatse kuyikora ku giti cyabo bakayikorera mu midugudu yabo...
Minisiteri ya Siporo mu Rwanda yaraye isohoye itangazo rimenyesha Abanyarwanda bose ko Shampiyona y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru ya 2020/2021 igaharitswe. Byatewe n’uko amakipe yayikinaga atakurikije ibyo yemeranyijwejo...
Nyuma y’uko Inama y’Abaminisitiri itangarije ko Abanyarwanda bemerewe gukorera imyitozo ngororamubiri mu byumba byabugenewe bita Gym, Minisiteri ya Siporo yasohoye amabwiriza agomba kuzakurikizwa. Ibwiriza ridasanzwe ni...