Mu birori byo kurangiza ukwezi kwahariwe umugore byateguwe n’abahanga mu mibare na siyansi bakorera mu Rwanda, ubutumwa bw’ingenzi bwatanzwe bwari ubwo gushishikariza abakorwa biga siyansi guharanira...
Umwe mu bayobozi bakuru muri Kaminuza Nyafurika yigisha imibare na Siyansi( AIMS Rwanda), ishami ry’u Rwanda witwa Dr Herine Otieno avuga ko kugira ngo abakobwa bazige...
Dr Madeleine Mukeshimana uyobora Ishami ry’ubuvuzi muri Kaminuza y’u Rwanda aherutse kugira inama abakobwa biga siyansi mu mashuri yisumbuye ko batagombye kwiga bahangayikishijwe no kuzabona akazi,...
Umuryango w’Abibumbye urasaba za Leta kongera imbaraga mu guha abakobwa amahirwe yo kwiga siyansi n’ubumenyingiro kugira ngo bazafashe isi kwivana mu ngaruka za COVID-19 ihanganye nazo...
Mu rwego rwo gukomeza gufasha u Rwanda mu ntego yarwo yo guha abarutuye ubumenyi n’ubushobozi mu by’ikoranabuhanga, Ambasade ya Israel mu Rwanda yaraye itashye ikigo cyigisha...