Abaganga bakorera mu Ntara ya Darfur baratabaza kubera ko imirambo y’abantu imaze kuba myinshi ndetse n’abakomerekera mu bwicanyi buri kuhabera bakaba barenze ubushobozi abaganga bafite bwo...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima ( WHO) ryohereje abahanga mu by’ubuzima muri Sudani y’Epfo gukusanya amakuru hagamijwe kumenya indwara ihamaze iminsi, ikaba imaze guhitana abantu 89....
Itangazo Perezida wa Uganda yaraye asohoye rivuga ko Major General Robert Rusoke ari we ugomba guhagararira igihugu cye mu Rwanda. Uyu musirikare wagiye mu kiruhuko cy’izabukuru...
Abasirikare bo muri Sudani y’Epfo bamaze iminsi mu Rwanda mu ishuri rikuru rya gisirikare iri i Musanze bahugurwa uko barushaho gucunga umutekano iwabo. Mu muhango wo...
Bwana El Musalmi Kabbashi usanzwe ari umuyobozi wa Al Jazeera muri Sudani yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano kandi kugeza ubu nta mpamvu y’ifatwa rye iratangazwa. Bisanzwe...