Ikibuga cy’Indege cya Kabul cyarashweho ibisasu kuri uyu wa Mbere, mu gihe ingabo zirimo iza Amerika zirimo gusoza ibikorwa byo guhungisha abanyamahanga n’abo bakoranaga muri Afghanistan,...
Inzego z’umutekano za Leta zunze ubumwe za Amerika n’iza Afghanistan zatangaje ko abaturage nibura 60 n’abasirikare 12 ba Amerika bimaze kumenyekana ko biciwe ku kibuga cy’indege...
Guverinoma ya Uganda yatangaje ko yakiriye abantu 51 bahungishijwe muri Afghanistan nyuma yo gufatwa n’umutwe wa Taliban, mu gihe abanya-Uganda bagombaga kujyana mu ndege babuze uko...
Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda yatangaje ko yiteguye guha ikaze abanyeshuri b’abakobwa n’abakozi ba School of Leadership Afghanistan (SOLA), bahungishijwe nyuma y’uko igihugu cyabo cyafashwe n’umutwe wa...
Shabana Basij-Rasikh washinze ishuri ry’abakobwa gusa, School of Leadership Afghanistan (SOLA), yavuze ko bari mu nzira bimurirwa mu Rwanda, bizeye kuhakomereza amasomo nubwo mu gihugu cyabo...