Guverinoma ya Ethiopia yasabye Umuryango Muzamahanga wita ku Buzima (WHO) gukora iperereza ku muyobozi mukuru wawo Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, imushinja gushyigikira ingabo za Tigray People’s...
Umutwe w’ingabo wa Tigray People’s Liberation Front (TPLF) watangaje ko wavuye mu duce wari wigaruriye mu majyaruguru ya Ethiopia, nk’imwe mu ntambwe zitanga icyizere ku ihoshwa...
Amakuru y’intambara ishyamiranyije Ingabo za Ethiopia (ENDF) n’inyeshyamba za Tigray People’s Liberation Front (TPLF) akomeje guteza urujijo ku cyerekezo urugamba ruganamo. Nyuma y’igihe Ingabo za Leta...
Intambara muri Ethiopia ikomeje gufata indi ntera, Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed ubu ni we uyoboye urugamba Ingabo za Leta zihanganyemo n’umutwe wa gisirikare ushamikiye ku ishyaka...
Guverinoma ya Ethiopia yemeje ko ubu irimo kugenzura ibice byinshi cyane byari bimaze gufatwa n’umutwe w’abarwanyi wa TPLF, mu rugamba ruyobowe na Minisitiri w’Intebe Dr. Abiy...