Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yandikiye ubutumwa ubuyobozi bwa Turikiya na Syria abwihanganisha nyuma y’uko ibi bihugu bipfushije abantu benshi bazize umutungito wabaye kuri...
Ni wo mutingito ukomeye ubayeho mu mateka y’ikinyejana cya 21 kuva cyatangira. Wabereye mu gice gihuza Syria na Turikiya mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbera,...
Imibare itangwa n’inzego z’ubuzima muri Turikiya na Syria ivuga ko abantu bamaze kuberurwa ko bahitanywe n’umutingito waraye ubaye mu gice ibihugu byombi bihuriyeho, bamaze kuba 500....
Imyagaragambyo imaze iminsi muri Suwede yafashe indi ntera ubwo abari bayirimo batwikaga igitabo gitagatifu cya Islam kitwa Korowani. Byarakaje abasilamu biganjemo abo muri Turikiya. Ubutegetsi bw’i...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane taliki 12, Mutarama, 2023, Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Turikiya witwa Mevlüt Çavuşoğlu....