Raporo ikorwa n’ibigo mpuzamahanga bigenzura uko ruswa irwanywa ku isi yitwa CPI ivuga ko u Rwanda rwasubiye inyuma mu kurwanya ruswa ho imyanya ibiri. Ubu ruri...
Perezida Paul Kagame yifatanyije na mugenzi we wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa, byemejwe ko yanduye COVID-19 ubu akaba arimo kwitabwaho n’abaganga. Ramaphosa yapimwe ubwo yari atangiye...
Umunwa w’ikirunga cya Nyiragongo wongeye kugaragaramo amazuku nyuma y’amezi make kirutse kigahitana abantu 32, kikanasenya ibikorwaremezo byinshi haba ku ruhande rwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo...
Guverinoma ya Botswana yiyongereye ku bihugu birimo kwikoma Perezida wa Komisiyo ya Afurika yunze Ubumwe (AU), Moussa Faki Mahamat, bimushinja gufata icyemezo cyo kwakira Israel nk’indorerezi...
Ikipe ya Cricket ya Kenya n’iya Namibia ni zo zatsindiye kugera ku mukino wa nyuma, mu irushanwa ryo Kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kuri...