Mu Murenge wa Nyange mu Karere ka Ngororero hari abaturage bavuga ko bakoze biteza imbere bityo ko ubuyobozi bw’aka Karere bwabavana mu Cyiciro cya Mbere cy’Ubudehe...
Catherine Russell usanzwe uyobora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana yahuye na Madamu Jeanette Kagame baganira uko ubufatanye hagati ya Imbuto Foundation na UNICEF bwakomeza hagamijwe...
Mu Murenge wa Nyarusange haravugwa inkuru y’umusore w’imyaka 19 wagwiriwe n’ikirombe ari kumwe na bagenzi be, bo bashobora kuhivana ariko we kugeza ubwo Taarifa yandikaga iyi...
Ikigo gishinzwe gutsura amajyambere mu nzego z’ibanze (LODA), cyatangaje ko ibyiciro bishya by’Ubudehe mu minsi mike bizatangarizwa Abanyarwanda, ari nabwo hazamenyekana amabwiriza azagenga ikoreshwa ryabyo. Umuyobozi...
Umwe mu bashyira abaturage batuye mu byiciro by’Ubudehe bivuguruye avuga ko kimwe mu bibazo bari guhura nabyo ari uko hari abaturage bavuga ko nta butaka bafite...