Umwaka wa 2022 ni umwaka uvuze byinshi ku mubano w’ejo hazaza hagati ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’u Bubiligi. Niwo mwaka umwami w’u Bubiligi yasuye...
Kuva Lumumba yicwa azizwa guharanira ko u Bubiligi buva muri Congo igasigara ari igihugu kigenga kugeza n’ubu( mu mwaka wa 2022) ubutegetsi bw’i Kinshasa n’ubw’i Brussels...
Bamwe mu banyapolitiki bo mu Bufaransa bashinja u Burusiya gushyigikira ihirikwa ry’ubutegetsi riherutse gukorerwa muri Burkina Faso. Ndetse bavuga ko hari umukire w’Umurusiya witwa Evgueni Prigojine...