Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wasinyanye na Guverinoma y’u Rwanda amasezerano y’inkunga ingana ba miliyoni 19,5 z’ama Euros izakoresha mu rwego rw’ubutabera. Ni igice cy’inkunga ndende ingana na...
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi watangaje ko guhera kuri uyu wa Gatandatu talki 29, Nyakanga, 2023 uhagaritse ubufatanye bwose mu bya gisirikare wari ufitanye na Niger. Ni icyemezo...
Abanyamateka bavuga ko icyaha abantu bakoreye abandi ku isi gikomeye kurusha ibindi kandi ntigihanwe ari ubucakara Abazungu bakoreye Abirabura. Hagati y’ikinyejana cya 15 nicya 19 nyuma...
Amahanga ararebera ikibazo gikomeye kiri ku Birabura Tunisia yanze kwakira ku butaka bwayo, ikabashyira ku bundi butagira nyirabwo aho bari kwicirwa n’inzara. Abo birabura baratakambira amahanga...
Hari abemeza ko Emmanuel Macron afite politiki yihariye cyane ugereranyije n’abandi bamubanjirije ubwo Repubulika yiswe iya Gatanu yatangiraga mu Bufaransa itangijwe na Gen Charles de Gaulle. ...