Abitabiriye inama nyunguranabitekerezo ku ivugurura rya Politiki y’imisoro mu Rwanda bahuriye i Rubavu basanze bumwe mu bwoko bw’imisoro ikwiye kwitabwaho muri iryo vurura ari iy’ubutaka. Ni...
Amakuru aturuka muri Kenya avuga ko Bwana James Mwangi uyobora imwe muri Banki zikomeye zo mu Karere u Rwanda ruherereyemo yitwa Equity Bank ashobora gutabwa muri...
Minisitiri w’ibidukikije Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya yatumijwe n’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ngo ayihe ibisobanuro ku mikoreshereze y’ubutaka idafututse. Kudafutuka bishingiye ku bibazo bimaze iminsi bitangwa...
Ubutaka bugera ku 1,315,890 bw’abaturage batandukanye bwanditswe mu mutungo wa leta mu buryo bw’agatenyo, nyuma y’uko ba nyirabwo batabwandikishije kandi bugomba kuba bufite aho bubarizwa mu...
Mu Rwanda uko iminsi ishira indi igataha niko haboneka ibimenyetso bihamya ‘imigambi ya bamwe’ yo guhimba inyandiko, kandi zikemerwa mu nzego zitandukanye za Leta, k’uburyo zishobora...