Taarifa yamenye ko hari abantu benshi bafunzwe bakurikiranyweho kwiba abakiliya ba MTN amafaranga binyuze mu ikoranabuhanga. Ni ikoranabuhanga abita ‘hacking’ rituma umujura cyangwa undi muntu ufite...
Umusore witwa Bagaragaza aherutse gutabwa muri yombi n’abakozi b’urwego rw’ubugenzacyaha bamukurikiranyeho ibyaha birimo gutekera abagore umutwe ababeshya akazi akabasindisha akabiba. Hari bamwe ngo yasambanyije nyuma yo...
Abanyarwanda batatu baherutse gufatwa n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rubakurikiranyeho icyaha cyo gushinga umutwe w’abagizi ba nabi cyangwa kuwujyamo ndetse no kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya. Ibi...