Mu Karere ka Ngororero haravugwa indwara abantu bahimbye Tetema ikaba yibanda ku bakobwa. Iravugwa mu kigo cy’amashuri kitwa College Amizero Ramba. Ubuyobozi bw’iri shuri buvuga ko...
Perezida Paul Kagame yahaye Dr. Sabin Nsanzimana inshingano zo ku rwego rwa Minisitiri nyuma yo kumuvana k’ubuyobozi bw’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare akamugira Minisitiri w’ubuzima. Yagiye...
Mu Buyapani haravugwa inkuru y’umusaza w’imyaka 81 y’amavuko wasunikiye umugore we bari bamarane imyaka 40 mu Nyanja bituma amira nkeri arapfa. Nawe yari umukecuru w’imyaka 79...
Umuyobozi mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC, ushinzwe agashami gashinzwe kurwanya Virusi itera SIDA, Dr Basile Ikuzo avuga ko imibare yerekana ko 3% by’Abanyarwanda bafite ubwandu bwa...
Minisiteri y’ubuzima muri Uganda yatangarije kuri Twitter ko hari umuturage w’iki gihugu wahitanywe na Ebola. Niwe muntu wa mbere utangajwe ko yahitanywe n’iyi ndwara muri uyu...