Umugabo wigeze kuba umugaba w’ingabo z’Amerika muri Afghanistan akaba n’umuyobozi w’ikigo cy’ubutasi bw’Amerika, CIA, ( Rtd) Gen David Petraeus yavuze ko Amerika iri gucungira hafi u...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky niwe Muyahudi washyizwe ku mwanya wa mbere ku isi mu bafatwa nk’abavuga rikijyana. Intambara amaze iminsi arwana n’u Burusiya yatumye ahinduka...
Kuri uyu wa Gatatu Perezida w’u Burusiya Vladminir Putin yatangaje ko agiye kugaba ½ cy’ingabo z’u Burusiya zikajya kurwana muri Ukraine. Yasabye abasirikare bari baragiye mu...
Ubwato bune bwa rutura buri mu nzira buvana impeke zirimo ibigori, ingano n’ibindi ku byambu bya Ukraine bubijyanye mu bice bitandukanye by’isi aho bizava bikwizwa n’ahandi...
Dmitry Medvedev wahoze uyobora u Burusiya yanditse kuri Telegram ko abafasha Ukraine bayishuka, ko ahubwo yagombye kumva ibyo u Burusiya buvuga niba idashaka kuzasibangana ku ikarita...