Mu kiganiro baherutse guhabwa n’ Umuyobozi w’ubutumwa bwa UN bwo kugarura amahoro muri Centra Africa akaba n’intumwa yihariye y’Umunyamabanga w’Umuryango w’Abibumbye Dr. Mankeur Ndiaye, abapolisi b’u...
Intumwa yihariye muri Centrafrique y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye , Dr Mankeur Ndiaye yaraye asuye abapolisi b’u Rwanda bakorera muri kiriya gihugu abasezeranya kuzabafasha gushakira ibisubizo bahura...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima ( WHO) ryohereje abahanga mu by’ubuzima muri Sudani y’Epfo gukusanya amakuru hagamijwe kumenya indwara ihamaze iminsi, ikaba imaze guhitana abantu 89....
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi rivuga ko ubwoko bushya bw’icyorezo COVID-19 biswe Omicron bwamaze kugaragara mu bihugu 38 hirya no hino ku isi, ariko...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku bana rivuga ko n’ubwo abafite ubumuga muri rusange bagira ibibazo byihariye, abana bo bafite ibibazo byihariye. Rivuga ko abana bafite ubumuga...