Murindababisha Edouard wigeze kugaragara mu mashusho asa nk’aho ari gusambana, yavuze ko ibyo yakorewe ari akagambane. N’ikimenyimenyi ni uko urukiko rwasanze ariya mashusho atari ukuri, ruramurekura....
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere taliki 14, Ukuboza, 2020 yafashe ingamba zitandukanye zo kwirinda COVID-19 harimo n’uko Abanyarwanda bose bagomba kuba bari mu ngo...