Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda akaba na Perezida wa Repubulika Paul Kagame yazamuye mu ntera abasirikare. Umwe muri bo ni Col Ronald Rwivanga usanzwe ari Umuvugizi ...
Mu Mudugudu wa Midahandwa, Akagari ka Kabatesi, Umurenge wa Rubona mu Karere ka Rwamagana haherutse gufatirwa umusore ukurikiranyweho kwiba Shebuja yakoreraga akazi ko mu rugo FRW...
Mu masaha agana saa cyenda z’ijoro hari ku wa Kabiri taliki 05, Mata, 2022 abantu bafashwe amashusho bari gukubitira umuntu mu muhanda baramunegekaza. Amakuru Taarifa yamenye...
Ahitwa Nkoto mu Karere ka Kamonyi hari ikamyo yo mu bwoko bwa HOHO yabuze Feri igonga imodoka icyenda nk’uko Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Col Ronald Rwivanga avuga ko kuba ingabo z’u Rwanda zitumwa mu mahanga kuhagarura amahoro bidakorwa hagamijwe kwishyurwa amafaranga ahubwo bikorwa kubera amasezerano...