Mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro hamaze iminsi humvikana abaturage batakaga ko hari umugabo witwa William Muhozi wari waribasiye abantu akabakubita ndetse bamwe ngo...
Perezida William Ruto yategetse Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Kenya uherutse kurahirira inshingano nshya gukora ibyo ashoboye byose ariko agaca urugomo mu baturage ba Kenya. Yavuze...
Imibare itangwa n’ikigo cy’Afurika y’Epfo gishinzwe ibarurishamibare ivuga ko buri mwaka abantu 20,000 bicwa n’abagizi ba nabi. Ni umubare uteke inkenke mu gihugu gituwe n’abaturage Miliyoni...
Abaturage bo mu mashyaka atavuga rumwe na Leta y’Afurika y’Epfo basabye Perezida w’iki gihugu Cyril Ramaphosa kwegura ku buyobozi bw’Ishyaka ANC riri k’ubutegetsi bitarenze amasaha 42. ...
Umurambo w’Umunyarwanda witwa Theoneste Dusabimana wacururizaga muri Uganda uherutse gusangwa ahitwa Kibumba muri Karujanga, mu Karere ka Kabale. Aha ni mu Burengerazuba bwa Uganda. Abatuye aho...