Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Dr Faustin Ntezilyayo avuga ko ibikoreshobike mu nkiko zisumbuye n’iz’ibanze biziyongera hagendewe ku mikoro y’igihugu. Intego yabyo ni kugira ngo ubutabera burusheho gukorwa...
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwaciye urubanza rutegeka ibitaro byitiriwe Umwami Faysal kwishyura umuryango Miliyoni Frw 105, andi acibwa ikigo cy’ubwishingizi, SONARWA, kubera uburangare bwakozwe n’abaganga ba...
Nyuma yo kujuririra imyaka ine yari yahawe ngo arebe ko ygagabanywa, Hon Edouard Bamporiki yatunguwe no kumva ko hongereweho umwaka umwe, ibe itanu(5). Yahise ajyanwa muri...
Taarifa yamenye ko isomwa ry’urubanza rwa Edouard Bamporiki ryasubitswe kubera ko ubwanditsi bw’urukiko rukuru rwajuririwe butararangiza kwandika umwanzuro warwo. Byari biteganyijwe ko ari busomerwe kuri uyu...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwemeje ko nta bimenyetso simusiga bibigaragaza ishingiro ry’ibirego byashinjwaga abaganga babiri ba Baho International Hospital by’uburangare bwaganishije ku rupfu rwa Kamanzi Ngwinondebe...