Perezida Yoweri Museveni yakuye Maj Gen Abel Kandiko ku buyobozi bw’Urwego rushinzwe iperereza rya gisirikare (CMI), amusimbuza Maj Gen James Birungi. Hari amakuru ko Kandiho yoherejwe...
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yakiriye Ambasaderi Adonia Ayebare, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda. Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko...
Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyatangiye iperereza ku buryo umunyamakuru Andrew Mwenda yabonye imyenda ya gisirikare, yifashishije mu gufata amashusho ari mu ndege ya gisirikare, avuga ko...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ibibazo biri mu mubano w’u Rwanda na Uganda bikeneye gushakirwa umuti mbere y’uko havugwa ibijyanye no gufungura umupaka, kubera ko ukwiye...
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yakiriye Maj Gen Abel Kandiho uyobora urwego rw’igisirikare cya Uganda rushinzwe ubutasi (CMI), nk’intumwa idasanzwe ya Perezida Yoweri Museveni. Ibiro bya...