Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: The Ben Arataramira Abatuye Canada, Uburayi Na Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

The Ben Arataramira Abatuye Canada, Uburayi Na Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 January 2025 4:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
The Ben
SHARE

The Ben yatangaje imijyi itandukanye ateganya gutaramiramo irimo iyo muri Canada, mu Burayi no muri Uganda, ibitaramo bye bikazaba mu matariki atandukanye mu mezi ari imbere.

Azabanza muri Canada, ateho mu Bubiligi na Denamark arangirize ibitaramo bye muri Uganda.

Muri Canada azataramira i Montreal, hazaba ari tariki 14, Gashyantare, 2025, bucyeye ajye muri Ottawa, azakomereza mu Mujyi wa Toronto aho azataramira abawutuye tariki 21 Gashyantare, bucyeye bwaho arangiriz ibitaramo bye mu Mujyi wa Edmonton.

Nyuma ya Canada, azakomereza ibitaramo bye i Burayi, aho azahera mu Bubiligi mu gitaramo azafashwamo na Bwiza hakazaba ari tariki 8, Werurwe, 2025, nyuma abone gukomereza Copenhagen muri Denmark, asoreze ibitaramo bye muri Uganda ku wa 15, Gicurasi, 2025.

Ni ibitaramo byabimburiwe n’icyo aheruka gukorera mu Rwanda cyari mu rwego rwo kumurika alubumu yiswe  ‘Plenty love’.

TAGGED:CanadaIgitaramoThe BenUbubiligi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uburundi Burahakana Ko Nta Musirikare Wabwo Wafashwe Na M23
Next Article Dr. Mukankomeje Wayoboraga Inama Nkuru Y’Uburezi Yasimbujwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduro

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Aline Gahongayire Arashaka Kwamamaza Umuziki We Muri Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Nyuma Y’Imyaka Babana, Sonia Rolland Yakoze Ubukwe Ashagawe N’Abakobwa Be

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?