Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tour Du Rwanda Igiye Guca Muri Nyungwe, Pariki Ihoramo Imvura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Tour Du Rwanda Igiye Guca Muri Nyungwe, Pariki Ihoramo Imvura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 February 2024 10:43 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku munsi wayo wa Gatatu wa Tour du Rwanda ( ushyizemo n’umunsi iri siganwa ryatangiriyeho) abasiganwa barahaguruka mu Karere ka Huye bagana mu Karere ka Rusizi, mu Murenge wa Kamembe.

Abasiganwa baraca muri Pariki ya Nyungwe, iyi ikaba ari pariki ihoramo imvura n’ibihu kandi iyi pariki igira amakoni menshi.

Mu muhanda kandi hari ubwo bahura n’udukoko tuba twaje kwicara aho ku muhanda ngo turebe abahisi n’abagenzi.

Nk’uko bisanzwe, Taarifa irabagezaho uko aka gace kari bugende.

Hagati aho umwenda w’umuhondo ufitwe n’Umubiligi Jonathan Vervenne n’aho agace ka Muhanga- Kibeho karaye gatwawe n’Umunya Israel Itamar Einhorn  wo mu ikipe Israel-Premier Tech.

Baraca muri Nyungwe bakomeze iya Kamembe
TAGGED:HuyeImvuraIsiganwaRusiziRwandaTour
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imirenge Irindwi Ya Gasabo Irabura Amazi
Next Article Stade Amahoro Nshya Izajya Yaka Amabara Y’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?