Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Trump Yahagaritse Ingendo Ziva Mu Bihugu 12 Zijya Muri Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Trump Yahagaritse Ingendo Ziva Mu Bihugu 12 Zijya Muri Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 June 2025 10:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Donald Trump yasinye inyandiko yemeza ko nta ndege zo mu bihugu 12 zemerewe kuza muri Amerika.

Ibyo bihugu birimo Afghanistan, Haiti na Iran , Trump akemeza ko Amerika idakenye abo bantu.

Ari: ” Turirinda abo bantu bashobora guhemukira Abanyamerika”.

BBC yanditse ko hari ibindi bihugu birindwi ababituye bose batemerewe kugera muri Amerika mu buryo busesuye birimo Cuba na Venezuela.

Abo muri ibyo bihugu bemerewe kugera muri Amerika ni abakinnyi basiganwa ku maguru, abandi bemerewee ni abafite ubwenegihugu bibiri.

Hari amakuru avuga ko igitero giherutse kubera ahitwa Colorado kiri mu byatumye Amerika ya Donald Trump ifata icyo cyemezo.

Muri Manda ye ya mbere yo mu mwaka wa 2017 kugeza 2021, Trump yigeze gufatira icyemezo nk’iki abantu bose baturukaga mu bihugu birindwi by’Abasilamu.

Ibihugu bakomanyirijwe burundu ni ibi:

-Afghanistan

-Chad

-Equatorial Guinea

-Eritrea

-Haiti

-Iran

-Libya

-Myanmar

-Republic of the Congo

-Somalia

-Sudan

-Yemen

Ibikomorewe ku bintu bimwe:

-Burundi

-Cuba

-Laos

-Sierra Leone

-Togo

-Turkmenistan

-Venezuela

TAGGED:AbagenziAbaturageAmerikaIndegeTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamagabe Igiye Guhabwa Amazi Ku Bayituye Bose
Next Article Impungenge Ku Birayi Byongererewe Ubushobozi Zishire-Umushakashatsi Wa RAB
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ubwongereza: Abantu Biciwe Mu Rusengero Rw’Abayahudi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Drone Y’Ingabo Za DRC Yagabye Igitero Ku Birindiro Bya AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?