Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Trump Yahagaritse Ingendo Ziva Mu Bihugu 12 Zijya Muri Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Trump Yahagaritse Ingendo Ziva Mu Bihugu 12 Zijya Muri Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 June 2025 10:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Donald Trump yasinye inyandiko yemeza ko nta ndege zo mu bihugu 12 zemerewe kuza muri Amerika.

Ibyo bihugu birimo Afghanistan, Haiti na Iran , Trump akemeza ko Amerika idakenye abo bantu.

Ari: ” Turirinda abo bantu bashobora guhemukira Abanyamerika”.

BBC yanditse ko hari ibindi bihugu birindwi ababituye bose batemerewe kugera muri Amerika mu buryo busesuye birimo Cuba na Venezuela.

Abo muri ibyo bihugu bemerewe kugera muri Amerika ni abakinnyi basiganwa ku maguru, abandi bemerewee ni abafite ubwenegihugu bibiri.

Hari amakuru avuga ko igitero giherutse kubera ahitwa Colorado kiri mu byatumye Amerika ya Donald Trump ifata icyo cyemezo.

Muri Manda ye ya mbere yo mu mwaka wa 2017 kugeza 2021, Trump yigeze gufatira icyemezo nk’iki abantu bose baturukaga mu bihugu birindwi by’Abasilamu.

Ibihugu bakomanyirijwe burundu ni ibi:

-Afghanistan

-Chad

-Equatorial Guinea

-Eritrea

-Haiti

-Iran

-Libya

-Myanmar

-Republic of the Congo

-Somalia

-Sudan

-Yemen

Ibikomorewe ku bintu bimwe:

-Burundi

-Cuba

-Laos

-Sierra Leone

-Togo

-Turkmenistan

-Venezuela

TAGGED:AbagenziAbaturageAmerikaIndegeTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamagabe Igiye Guhabwa Amazi Ku Bayituye Bose
Next Article Impungenge Ku Birayi Byongererewe Ubushobozi Zishire-Umushakashatsi Wa RAB
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?