Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Trump Yahagaritse Ingendo Ziva Mu Bihugu 12 Zijya Muri Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Trump Yahagaritse Ingendo Ziva Mu Bihugu 12 Zijya Muri Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 June 2025 10:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Donald Trump yasinye inyandiko yemeza ko nta ndege zo mu bihugu 12 zemerewe kuza muri Amerika.

Ibyo bihugu birimo Afghanistan, Haiti na Iran , Trump akemeza ko Amerika idakenye abo bantu.

Ari: ” Turirinda abo bantu bashobora guhemukira Abanyamerika”.

BBC yanditse ko hari ibindi bihugu birindwi ababituye bose batemerewe kugera muri Amerika mu buryo busesuye birimo Cuba na Venezuela.

Abo muri ibyo bihugu bemerewe kugera muri Amerika ni abakinnyi basiganwa ku maguru, abandi bemerewee ni abafite ubwenegihugu bibiri.

Hari amakuru avuga ko igitero giherutse kubera ahitwa Colorado kiri mu byatumye Amerika ya Donald Trump ifata icyo cyemezo.

Muri Manda ye ya mbere yo mu mwaka wa 2017 kugeza 2021, Trump yigeze gufatira icyemezo nk’iki abantu bose baturukaga mu bihugu birindwi by’Abasilamu.

Ibihugu bakomanyirijwe burundu ni ibi:

-Afghanistan

-Chad

-Equatorial Guinea

-Eritrea

-Haiti

-Iran

-Libya

-Myanmar

-Republic of the Congo

-Somalia

-Sudan

-Yemen

Ibikomorewe ku bintu bimwe:

-Burundi

-Cuba

-Laos

-Sierra Leone

-Togo

-Turkmenistan

-Venezuela

TAGGED:AbagenziAbaturageAmerikaIndegeTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamagabe Igiye Guhabwa Amazi Ku Bayituye Bose
Next Article Impungenge Ku Birayi Byongererewe Ubushobozi Zishire-Umushakashatsi Wa RAB
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Taylor Swift Yemeye Kurushinga

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?