Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Trump Yatangiye Gucuruza Inkweto
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Trump Yatangiye Gucuruza Inkweto

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 February 2024 9:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Donald Trump wigeze kuba Perezida w’Amerika yaguriye ubucuruzi bwe mu bw’inkweto n’imibavu. Yari aherutse gucibwa n’urukiko miliyoni $ 354 kubera ubucuruzi bufifite.

Taliki 17, Gashyantare, 2024 nibwo yamuritse inkweto yise ‘Never Surrender Sneakers’. Hari mu muhango wabereye i Philadelphia.

Izi nkweto z’abagabo ziri mu moko abiri kandi umuguru wa mbere uhenze ugizwe ahanini n’ibara ry’umuhondo wa zahabu, ibirango by’ibendera rya Amerika ndetse n’inyuguti ya ‘T’ izina Trump.

Ugura $ 399 (asaga Frw  500 000Frw). Undi muguru udakoze nk’uwa mbere hamwe na mugenzi wawo yombi, buri umwe umwe, ugura $199.

Nayo iriho inyuguti T ihagarariye Trump.

Mu kumurika izi nkweto Trump yagize ati “Iki ni ikintu nari maze imyaka muri 12 cyangwa 13 mvuga. Kandi ndatekereza ko kigiye kuba intsinzi ikomeye”.

Abakozi ba Trump kandi baremye urubuga rwitwa  ‘Get Trump Sneakers’ ruzajya rugurirwaho izi nkweto za Trump rukanagurirwaho amoko abiri y’imibavu, uwitwa Victory 47 Cologne n’undi wa Victory 47 Perfume.

Imibavu ya Trump
TAGGED:featuredInkwetoPerezidaTrumpUmubavu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bugesera FC Yihagazeho Inganya Na APR FC
Next Article Muhanga: Abaturage Babukereye Ngo Birebere Igare
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?