Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Trump Yatangiye Gucuruza Inkweto
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Trump Yatangiye Gucuruza Inkweto

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 February 2024 9:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Donald Trump wigeze kuba Perezida w’Amerika yaguriye ubucuruzi bwe mu bw’inkweto n’imibavu. Yari aherutse gucibwa n’urukiko miliyoni $ 354 kubera ubucuruzi bufifite.

Taliki 17, Gashyantare, 2024 nibwo yamuritse inkweto yise ‘Never Surrender Sneakers’. Hari mu muhango wabereye i Philadelphia.

Izi nkweto z’abagabo ziri mu moko abiri kandi umuguru wa mbere uhenze ugizwe ahanini n’ibara ry’umuhondo wa zahabu, ibirango by’ibendera rya Amerika ndetse n’inyuguti ya ‘T’ izina Trump.

Ugura $ 399 (asaga Frw  500 000Frw). Undi muguru udakoze nk’uwa mbere hamwe na mugenzi wawo yombi, buri umwe umwe, ugura $199.

Nayo iriho inyuguti T ihagarariye Trump.

Mu kumurika izi nkweto Trump yagize ati “Iki ni ikintu nari maze imyaka muri 12 cyangwa 13 mvuga. Kandi ndatekereza ko kigiye kuba intsinzi ikomeye”.

Abakozi ba Trump kandi baremye urubuga rwitwa  ‘Get Trump Sneakers’ ruzajya rugurirwaho izi nkweto za Trump rukanagurirwaho amoko abiri y’imibavu, uwitwa Victory 47 Cologne n’undi wa Victory 47 Perfume.

Imibavu ya Trump
TAGGED:featuredInkwetoPerezidaTrumpUmubavu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bugesera FC Yihagazeho Inganya Na APR FC
Next Article Muhanga: Abaturage Babukereye Ngo Birebere Igare
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?