Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tshisekedi Ahangayikishijwe N’Ubwinshi Bw’Abantu Barasanira Muri Kinshasa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Tshisekedi Ahangayikishijwe N’Ubwinshi Bw’Abantu Barasanira Muri Kinshasa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 June 2025 9:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Félix Tshisekedi yatangaje ko umubare w’abarasana n’ababigwamo uteye impungenge kuko bibera mu Murwa mukuru, Kinshasa.

Hejuru yo kurasana hiyongeraho no kwambura abantu utwabo kandi bikaba ku manywa y’ihangu.

Iyo ngingo iri mu ziherutse kuganirwaho mu Nama y’Abaminisitiri ya 46 iherutse kuyoborwa na Perezida Tshisekedi ubwe.

Ubwo yavugaga kubyo bemeranyijeho, Minisitiri ushinzwe itumanaho muri Guverinoma ya DRC Patrick Muyaya yavuze ko Perezida Tshisekedi yategetse ingabo na Polisi guhaguruka bagakoma imbere abo bagizi ba nabi.

Muyaya ati: ” Perezida yasabye Minisitiri w’Intebe wungirije, Minisitiri w’umutekano, Minisitiri w’ubutabera na Minisitiri w’ingabo ko bose bahaguruka bagakoresha ubushobozi bahabwa n’amategeko bagakuraho ako kajagari, abaturage bakongera kubaho batuje”.

Hategetswe ko ibikorwa byo gucunga umutekano mu bice byose bya Kinshasa byongerwa, umubare w’abasirikare n’abapolisi ukongerwa cyane cyane mu bice nyabagendwa kurusha ibindi, kandi abafatiwe muri urwo rugomo bagahanwa bikomeye.

Kinshasa niwo mujyi munini wa DRC utuwe n’abantu Miliyoni 17 ni ukuvuga abaruta abatuye u Rwanda bose.

Niwo mujyi wa Gatatu munini muri Afurika.

TAGGED:AbaturageAmasasufeaturedKinshasaPerezidaTshisekediUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Colombia: Uwashakaga Kuba Perezida Yarashwe Mu Mutwe 
Next Article Abakobwa Basigaye Bajya Mu Bwangavu Bakiri Bato Cyane, Biraterwa N’Iki?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?