Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Twese tuzi ko akarengane na ruswa bidindiza iterambere, tubirwanye- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Twese tuzi ko akarengane na ruswa bidindiza iterambere, tubirwanye- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 December 2020 2:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida Kagame arangije kumva indahiro ya Madeleine Nirere
SHARE

Nyuma yo kwakira indahiro y’Umuvunyi Mukuru Madamu Madeleine Nirere, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yongeye kwibutsa abari aho ko akarengane na ruswa bidindiza iterambere kandi bigapyinagaza umuturage, abasaba kuzakorana n’Umuvunyi bakabihashya.

Umukuru w’Igihugu yavuze ko ibigo byo kurwanya ruswa n’akarengane byashyizweho bityo ko bigomba gukora akazi bishinzwe.

Avuga ko buri kigo cyahawe uburyo bwose bwo gukora akazi gishinzwe bityo ko kigomba kugakora kidasiganya ikindi.

Perezida Kagame ati: “ Twese dukora ibyo dushinzwe kugira ngo duhashye ruswa. Dufite inzego zashyizweho kugira ngo turwanye ruswa kandi buri rwego rufite ibyangombwa byose kugira ngo rukore.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yashimiye Madamu Nirere Madeleine wemeye gukora neza inshingano yahawe z’Umuvunyi mukuru, ariko asaba n’abandi kuzamufasha.

Yarangije amwifuriza akazi keza.

Perezida Paul Kagame

Taarifa Rwanda

TAGGED:featuredIntekoKagameNirereRwandaUmuvunyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyaruguru: Mwarimu asanga kongera 10% ku mushahara w’abarimu bifitiye akamaro bamwe
Next Article Polisi isaba abashoferi ‘kwakira gahunda zo gusuzumisha ibinyabiziga’ ahabegereye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?