Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Bufaransa Bwishe Umukuru Wa Islamic State Muri Sahara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

U Bufaransa Bwishe Umukuru Wa Islamic State Muri Sahara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 September 2021 2:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yatangaje ko ingabo ze zikorera mu bihugu bituranye na Sahara zishe umuyobozi wa Islamic State muri kariya gace witwa Adnan Abu Walid al-Sahrawi.

Adnan Abu Walid al-Sahrawi  yashinze ishami rya Islamic State ikorera muri kiriya gice mu mwaka wa 2015.

Uyu mutwe yawise  Islamic State In the Greater Sahara (ISGS).

Abarwanyi b’uyu mutwe nibo bavugwaho ibitero byishe abaturage benshi bo muri kariya gace mu mwaka wa 2020.

Perezida Macron avuga ko iyicwa ry’uriya murwanyi ari indi ntsinzi ku barwanya iterabwoba muri kariya gace.

Ubutayu bwa Sahara ni bunini cyane kuko bufite ubuso bwa Kilometero kare miliyoni 1.16.

Ku rundi ruhare ariko, Perezida Macron ntiyigeze atangaza byinshi kuri kiriya gitero.

Minisitiri w’ingabo z’u Bufaransa Florence Parly yanditse kuri Twitter ko indege yo mu bwoko bwa drone ari yo yamuhitanye.

Ni iy’abasirikare b’u Bufaransa bagize Umutwe witwa Barkhane.

Florence Parly

Parly avuga ko urugamba rwo guhanga na bariya barwanyi rugikomeje.

Umurwanyi Sahrawi avugwaho kuba ari we wategetse ko abakozi b’Umuryango w’Abagiraneza wakoreraga muri Niger bicwa barashwe.

Hari muri Kanama, 2021.

TAGGED:AbafaransaIngaboIslamicSaharaUmutwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hahishuwe Uburyo Rusesabagina Yahaye Ruswa BBC Na VOA
Next Article Abakozi Ba Leta Muri Zimbabwe Bahawe Ihurizo Rikomeye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?