Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Burundi Bwahagaritse Amateraniro Yose y’Amadini Mu Masaha y’Akazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

U Burundi Bwahagaritse Amateraniro Yose y’Amadini Mu Masaha y’Akazi

Last updated: 14 October 2021 4:23 pm
Share
SHARE

Minisitiri w’Umutekano mu Burundi Gervais Ndirakobuca, yategetse amadini yose guhagarika amateraniro yajyaga akorwa mu masaha y’akazi kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Gatanu, kugira ngo abaturage bite ku bibateza imbere.

Mu ibaruwa yandikiye ba Guverineri, ba burugumesitiri na Komiseri Mukuru wa Polisi y’u Burundi, Commissaire de Police Chef Ndirakobuca yavuze bimaze iminsi bigaragara ko hari amadini ategura amateraniro mu masaha y’akazi, akayobya abaturage bakwiye kuba bari mu mirimo yabo ibateza imbere.

Yakomeje ati “Bitabangamiye ubwisanzure bw’imyemerere, ibi bigamije kubasaba kubuza amateraniro yose ategurwa mu masaha y’akazi kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Gatanu, uretse igikorwa kidasanzwe cyabiherewe uburenganzira na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, iterambere n’umutekano w’abaturage.”

“Nta kabuza ko ibi bizatuma abaturage muri rusange n’abayoboke b’amadini atandukaye, bita cyane ku mirimo yabo ya buri munsi izatuma bashobora kongera umusaruro.”

Yakomeje anabibutsa ko urusaku rwa nijoro aho rwaba ruturuka hose, rubujijwe kugira ngo leta ibashe gucunga neza umutekano n’ituze by’abaturage.

Minisitiri Ndirakobuca yahagaritse amateraniro yakorwaga mu masaha y’akazi
TAGGED:AmadiniAmateraniroBurundiEvariste NdayishimiyefeaturedGervais Ndirakobuca
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakurikiranyweho Gukwiza Ibihuha Bigamije Guteza Imvururu Ni Bantu Ki?
Next Article Utubyiniro Twafunguwe Nyuma y’Amezi 18  
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano

Abanyarwanda Babiri Baguye Mu Mpanuka Yabereye Uganda

Gicumbi: Baburaniye Mu Ruhame Baregwa Urumogi Na Kanyanga

Tshisekedi Arashaka Ubufasha Bwa Gisirikare Bwa Angola

Pariki Y’Akagera Yinjije Miliyari Frw 6.7, Imwe Iyiha Abaturage

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kwinjira Muri Amerika Bigiye Kugora Abakoresheje Imbuga Nkoranyambaga Uko Itabishaka

Tanzania: Abaturage Bategetswe Kuguma Mu Rugo

Abanyamahanga Benshi Bafungiwe Mu Rwanda Ni Abo Muri EAC

MINAGRI Yemeje Urwego Rwemerewe Kwita Ku Mbuto

Uburundi Buvuga Ko Nibiba Ngombwa Buzarwana N’u Rwanda 

You Might Also Like

Mu mahanga

Guinée-Bissau: Inshuti Y’Uwahoze Ari Perezida Yafatiwe Mu Ndege Afite Ivarisi Yuzuye Amafaranga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ingabo Zirenga 2,000 Za DRC n’Aba Wazalendo Zamaze Kugera Mu Burundi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Australia: Abantu 12 Biciwe Mu Gitero Cyagabwe Ku Bari Bitabiriye Umunsi W’Abayahudi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

U Burundi Bwamaze Kwegeranya Ingabo Ku Mupaka Busangiye N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?