Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Burundi Bwahagaritse Amateraniro Yose y’Amadini Mu Masaha y’Akazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

U Burundi Bwahagaritse Amateraniro Yose y’Amadini Mu Masaha y’Akazi

Last updated: 14 October 2021 4:23 pm
Share
SHARE

Minisitiri w’Umutekano mu Burundi Gervais Ndirakobuca, yategetse amadini yose guhagarika amateraniro yajyaga akorwa mu masaha y’akazi kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Gatanu, kugira ngo abaturage bite ku bibateza imbere.

Mu ibaruwa yandikiye ba Guverineri, ba burugumesitiri na Komiseri Mukuru wa Polisi y’u Burundi, Commissaire de Police Chef Ndirakobuca yavuze bimaze iminsi bigaragara ko hari amadini ategura amateraniro mu masaha y’akazi, akayobya abaturage bakwiye kuba bari mu mirimo yabo ibateza imbere.

Yakomeje ati “Bitabangamiye ubwisanzure bw’imyemerere, ibi bigamije kubasaba kubuza amateraniro yose ategurwa mu masaha y’akazi kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Gatanu, uretse igikorwa kidasanzwe cyabiherewe uburenganzira na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, iterambere n’umutekano w’abaturage.”

“Nta kabuza ko ibi bizatuma abaturage muri rusange n’abayoboke b’amadini atandukaye, bita cyane ku mirimo yabo ya buri munsi izatuma bashobora kongera umusaruro.”

Yakomeje anabibutsa ko urusaku rwa nijoro aho rwaba ruturuka hose, rubujijwe kugira ngo leta ibashe gucunga neza umutekano n’ituze by’abaturage.

Minisitiri Ndirakobuca yahagaritse amateraniro yakorwaga mu masaha y’akazi
TAGGED:AmadiniAmateraniroBurundiEvariste NdayishimiyefeaturedGervais Ndirakobuca
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakurikiranyweho Gukwiza Ibihuha Bigamije Guteza Imvururu Ni Bantu Ki?
Next Article Utubyiniro Twafunguwe Nyuma y’Amezi 18  
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amerika Yafashe Ubwato Bibiri Bw’Abarusiya Bwajyaga Muri Venezuela

Rwanda: Mu Minsi Mikuru Abantu 92 Bafunzwe Bazira Gutwara Banyoye Inzoga

Amashereka: Ikinyobwa Cyaremwe Mu Rukundo

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

Trump Ntarashirwa…

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Itegeko Ku Makosa Yo Mu Muhanda Riraremereye Cyane-Umunyamategeko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Amafoto: Abaturage Ba Ngoma Bishwe N’Inkuba Bashyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Uko Umusaruro W’Ibihingwa Wagenze Mu Gihembwe Cya Nyuma Cya 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Centrafrique: Touadéra Yongeye Gutsinda Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?