Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Burundi Bwahagaritse Amateraniro Yose y’Amadini Mu Masaha y’Akazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

U Burundi Bwahagaritse Amateraniro Yose y’Amadini Mu Masaha y’Akazi

admin
Last updated: 14 October 2021 4:23 pm
admin
Share
SHARE

Minisitiri w’Umutekano mu Burundi Gervais Ndirakobuca, yategetse amadini yose guhagarika amateraniro yajyaga akorwa mu masaha y’akazi kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Gatanu, kugira ngo abaturage bite ku bibateza imbere.

Mu ibaruwa yandikiye ba Guverineri, ba burugumesitiri na Komiseri Mukuru wa Polisi y’u Burundi, Commissaire de Police Chef Ndirakobuca yavuze bimaze iminsi bigaragara ko hari amadini ategura amateraniro mu masaha y’akazi, akayobya abaturage bakwiye kuba bari mu mirimo yabo ibateza imbere.

Yakomeje ati “Bitabangamiye ubwisanzure bw’imyemerere, ibi bigamije kubasaba kubuza amateraniro yose ategurwa mu masaha y’akazi kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Gatanu, uretse igikorwa kidasanzwe cyabiherewe uburenganzira na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, iterambere n’umutekano w’abaturage.”

“Nta kabuza ko ibi bizatuma abaturage muri rusange n’abayoboke b’amadini atandukaye, bita cyane ku mirimo yabo ya buri munsi izatuma bashobora kongera umusaruro.”

Yakomeje anabibutsa ko urusaku rwa nijoro aho rwaba ruturuka hose, rubujijwe kugira ngo leta ibashe gucunga neza umutekano n’ituze by’abaturage.

Minisitiri Ndirakobuca yahagaritse amateraniro yakorwaga mu masaha y’akazi
TAGGED:AmadiniAmateraniroBurundiEvariste NdayishimiyefeaturedGervais Ndirakobuca
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakurikiranyweho Gukwiza Ibihuha Bigamije Guteza Imvururu Ni Bantu Ki?
Next Article Utubyiniro Twafunguwe Nyuma y’Amezi 18  
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?