Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Burundi Bwemeje Ko Abantu 2600 Bamaze Gusangwamo COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

U Burundi Bwemeje Ko Abantu 2600 Bamaze Gusangwamo COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 March 2021 8:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Leta y’u Burundi yatangaje ko abantu 2618 bamaze gusangwamo COVID-19, muri bo 2420 barakize naho 192 baracyarwaye.

Kuri uyu wa Mbere nibwo mu Burundi hakoranye inama y’igihugu ishinzwe guhangana na COVID-19, iyobowe na Minisitiri w’Umutekano Commissaire de Police Chef Gervais Ndirakobuca. Yasuzumiraga hamwe ishyirwa mu bikorwa ry’ubukangurambaga bwo guhangana n’icyorezo cya COVID-19.

Iyo nama ni yo yatangarijwemo ko abantu bamaze gusangwamo iyo ndwara mu Burundi ari 2618, mu gihe abakirwaye ari 192.

Minisitiri w’Ubuzima Dr Thaddée Ndikumana yagize ati “Kugeza ubu abamaze gupfa ni abantu batandatu.”

Abasesenguzi ariko bakunze gukemanga imibare itangazwa n’u Burundi, cyane ko ibikorwa bihuza abantu benshi byakomeje gufungurwa ndetse nta ngamba zikomeye zashyizweho zo kwirinda COVID-19 nko kwambara udupfukamunwa.

Mu gihe ibindi bihugu byakomeje gushakisha inkingo z’iki cyorezo ndetse abaturage batangiye gukingirwa, nta gahunda iratangazwa mu Burundi.

Abayobozi mu Burundi bakoranye inama bareba uko COVID-19 ihagaze
TAGGED:BurundiCOVID-19
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umurage We Uzahora Wibukwa – Ubutumwa Bwa Perezida Kagame Mu Gusezera Kuri Magufuli
Next Article Mu Busitani Bwa ADEPR Habonetse Icyobo Rusange Kirimo Imibiri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Burundi: Ntahontuye Yabaye Minisitiri W’Intebe Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Mu Burundi Hari Ikiyobyabwenge Gikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

FDLR Iri Kwimurira Ibirindiro Mu Burundi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?