Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Burundi Bwemeje Ko Abantu 2600 Bamaze Gusangwamo COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

U Burundi Bwemeje Ko Abantu 2600 Bamaze Gusangwamo COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 March 2021 8:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Leta y’u Burundi yatangaje ko abantu 2618 bamaze gusangwamo COVID-19, muri bo 2420 barakize naho 192 baracyarwaye.

Kuri uyu wa Mbere nibwo mu Burundi hakoranye inama y’igihugu ishinzwe guhangana na COVID-19, iyobowe na Minisitiri w’Umutekano Commissaire de Police Chef Gervais Ndirakobuca. Yasuzumiraga hamwe ishyirwa mu bikorwa ry’ubukangurambaga bwo guhangana n’icyorezo cya COVID-19.

Iyo nama ni yo yatangarijwemo ko abantu bamaze gusangwamo iyo ndwara mu Burundi ari 2618, mu gihe abakirwaye ari 192.

Minisitiri w’Ubuzima Dr Thaddée Ndikumana yagize ati “Kugeza ubu abamaze gupfa ni abantu batandatu.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abasesenguzi ariko bakunze gukemanga imibare itangazwa n’u Burundi, cyane ko ibikorwa bihuza abantu benshi byakomeje gufungurwa ndetse nta ngamba zikomeye zashyizweho zo kwirinda COVID-19 nko kwambara udupfukamunwa.

Mu gihe ibindi bihugu byakomeje gushakisha inkingo z’iki cyorezo ndetse abaturage batangiye gukingirwa, nta gahunda iratangazwa mu Burundi.

Abayobozi mu Burundi bakoranye inama bareba uko COVID-19 ihagaze
TAGGED:BurundiCOVID-19
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umurage We Uzahora Wibukwa – Ubutumwa Bwa Perezida Kagame Mu Gusezera Kuri Magufuli
Next Article Mu Busitani Bwa ADEPR Habonetse Icyobo Rusange Kirimo Imibiri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Buzageza Ryari Gushinja u Rwanda Gushaka Kubutera?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Burundi: Imfungwa Zikorerwa Iyicarubozo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Inzoga Yitwa Umugorigori Imereye Nabi Abarundi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Burundi: Abapolisi Bafunzwe Bazira Gushima M23 Bakoresheje WhatsApp

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?