Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Bushinwa Bwateguye Akayabo Ko Kuzahura Ubukungu Bwabwo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

U Bushinwa Bwateguye Akayabo Ko Kuzahura Ubukungu Bwabwo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 July 2022 5:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma y’u Bushinwa yateguye Miliyari $ 75 yo kashora mu bikorwa byo kuzamura ubukungu bwabwo bwagizweho ingaruka na COVID-19.

Ni amafaranga angana na Miliyari 500 z’amafaranga y’u Bushinwa yitwa Yuan.

Muri iki gihe ubukungu bw’u Bushinwa bwatangiye kuzamuka nyuma yo kuzahazwa na COVID-19 yabwibasiye guhera mu mpera z’umwaka wa 2019.

Ariya mafaranga yashyizwe mu kigega cya Leta cyo kuzamura ubukungu bw’u Bushinwa kugira ngo burebe ko bwakongera gusubira ku muvuduko bwahozeho  mbere ya 2019.

Kiriya kigega kizatangira gukora mu gihembwe cya gatatu cy’umwaka w’ingengo y’imari wa 2022/2023.

u Bushinwa bufite imishinga ihambaye bugomba kuzahura

Nta makuru arambuye aratangwa ku mikorere ya kiriya kigega.

Ubuyobozi bw’u Bushinwa bushinwa bushinzwe imari n’umutungo bwirinze kugira icyo butangaza ku  mikorere y’iki kigega.

U Bushinwa ni igihugu cya kabiri gifite ubukungu buhambaye ku isi nyuma ya Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Icyakora u Bushinwa bufite ubukungu bukiri hasi cyane ugereranyije n’ubw’Amerika.

Urugero rubyemeza ni ingengo y’imari ya gisirikare buri gihugu gushyira mu gisirikare.

Mu mwaka wa 2019 Leta zunze ubumwe z’Amerika zikoresheje Miliyari $ 649 mu gihe u Bushinwa bwakoresheje Miliyari $261.

Abandika ikitwa Investopedia bavuga ko nyuma y’u Bushinwa hakurikiraho u Buhinde, u Burusiya na Arabie Saoudite.

Kuba ari ibihugu bikomeye ku isi, bituma bihora bihanganye, Amerika igashaka kwereka u Bushinwa ko ikiyoboye mu gihe nabwo buyereka ko igomba koga magazi kuko amazi atakiri yayandi.

U Bushinwa bwereka Amerika ko nabwo ku isi buvuga rikijyana.

TAGGED:AmerikaBushinwafeaturedIkigegaImishinga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Canal + Group Yaguze Studio Nyarwanda Yitwa ZACU Entertainment
Next Article Uwize Ubuhinzi Wari Uhagarariye UN Mu Rwanda Yacyuye Igihe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

You Might Also Like

ImikinoUbubanyi n'Amahanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi Rusange

Imisemburo Y’Abagore Niyo Ibatera Kurwara Umutwe Kenshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Bigenda Gute Ngo Umubiri Wakomeretse Wisane?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Aba Wazalendo Bongeye Kuba Benshi Muri Uvira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?