Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Na RDC Mu Biganiro Bizemeza Uburyo Bushya Bwo Gukoresha Umupaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Rwanda Na RDC Mu Biganiro Bizemeza Uburyo Bushya Bwo Gukoresha Umupaka

admin
Last updated: 06 September 2021 11:22 am
admin
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yemeje ko u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo biri mu biganiro bizemeza uburyo bwo gukoresha umupaka, bworoheye abaturage b’impande zombi muri ibi bihe bya COVID-19.

Kuva iki cyorezo cyagera mu Rwanda muri Werurwe 2020 rwafunze imipaka yo ku butaka, ku buryo ubucuruzi bwambukiranya imipaka n’imigenderanire hagati y’abaturage b’ibihugu byombi byahungabanye cyane.

Ni mu gihe mbere abantu baturiye imipaka bashoboraga kwambuka bakoresheje indangamuntu gusa.

Mu kiganiro yagiranye na RBA kuri iki Cyumweru, Perezida Kagame yavuze ko icyo ari ikibazo kireba impande ebyiri, gikomeje kuganirwaho.

Ati “N’ubu hariho ibiganiro hagati y’ibihugu byombi, impande zombi z’umupaka, hari ibiganiro biriho by’ababishinzwe, kugira ngo bige ukuntu habaho koroshya ku mpande zombi, borohereze Abanyarwanda, borohereze n’Abanye-Congo.”

“Ndibwira ko umuti uzaboneka nabyo bidatinze, (abantu) bihangane hanyuma uburyo bumwe cyangwa ubundi buzaboneka bwakorohereza Abanyarwanda cyangwa Abanye-Congo kugira ngo bashobore guhahirana, bagenderane.”

Mbere y’umwaduko wa Coronavirus, umupaka uhuza u Rwanda na RDC mu Karere ka Rubavu wanyurwagaho n’abantu bari hagati y’ibihumbi 50 n’ibihumbi 55 buri munsi.

Bibarwa ko muri ibi bihe unyurwaho n’abacuruzi bari hagati y’ibihumbi bitandatu n’umunani.

TAGGED:featuredPaul KagameRDC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Airtel Rwanda Yabonye Umuyobozi Mukuru Mushya
Next Article RwandAir Igiye Gusubukura Ingendo Zijya Muri Uganda No Mu Buhinde
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?