Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Na RDC Mu Biganiro Bizemeza Uburyo Bushya Bwo Gukoresha Umupaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Rwanda Na RDC Mu Biganiro Bizemeza Uburyo Bushya Bwo Gukoresha Umupaka

Last updated: 06 September 2021 11:22 am
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yemeje ko u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo biri mu biganiro bizemeza uburyo bwo gukoresha umupaka, bworoheye abaturage b’impande zombi muri ibi bihe bya COVID-19.

Kuva iki cyorezo cyagera mu Rwanda muri Werurwe 2020 rwafunze imipaka yo ku butaka, ku buryo ubucuruzi bwambukiranya imipaka n’imigenderanire hagati y’abaturage b’ibihugu byombi byahungabanye cyane.

Ni mu gihe mbere abantu baturiye imipaka bashoboraga kwambuka bakoresheje indangamuntu gusa.

Mu kiganiro yagiranye na RBA kuri iki Cyumweru, Perezida Kagame yavuze ko icyo ari ikibazo kireba impande ebyiri, gikomeje kuganirwaho.

Ati “N’ubu hariho ibiganiro hagati y’ibihugu byombi, impande zombi z’umupaka, hari ibiganiro biriho by’ababishinzwe, kugira ngo bige ukuntu habaho koroshya ku mpande zombi, borohereze Abanyarwanda, borohereze n’Abanye-Congo.”

“Ndibwira ko umuti uzaboneka nabyo bidatinze, (abantu) bihangane hanyuma uburyo bumwe cyangwa ubundi buzaboneka bwakorohereza Abanyarwanda cyangwa Abanye-Congo kugira ngo bashobore guhahirana, bagenderane.”

Mbere y’umwaduko wa Coronavirus, umupaka uhuza u Rwanda na RDC mu Karere ka Rubavu wanyurwagaho n’abantu bari hagati y’ibihumbi 50 n’ibihumbi 55 buri munsi.

Bibarwa ko muri ibi bihe unyurwaho n’abacuruzi bari hagati y’ibihumbi bitandatu n’umunani.

TAGGED:featuredPaul KagameRDC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Airtel Rwanda Yabonye Umuyobozi Mukuru Mushya
Next Article RwandAir Igiye Gusubukura Ingendo Zijya Muri Uganda No Mu Buhinde
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Harabura Iki Ngo Interineti Igere Hose?-Abadepite Babaza Ingabire

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

You Might Also Like

Mu mahanga

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?