Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Na Saudi Arabia Mu Gufasha Abaturage Gutekesha Gazi 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

U Rwanda Na Saudi Arabia Mu Gufasha Abaturage Gutekesha Gazi 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 October 2025 3:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri y’ibikorwaremezo itangaza ko hari ubufatanye u Rwanda rugiye kuzagirana n’ubwami bwa Saudi Arabia muguha abaturage ibikoresho bikoresha gazi yo gutekesha.

Bizakorwa mu rwego rwo gufasha abaturage guteka mu buryo butangiza ibidukikije hirindwa gukoresha amakara cyangwa inkwi.

Uwo mushinga wiswe Forward7 uzaha ibyo bikoresho 50,000 abaturage b’i Kigali, i Musanze, i Muhanga, i Rwamagana n’abo muri Huye.

Kubitanga bizakorwa mu gihe cy’amezi 18

Imibare itangwa n’inzego za Leta yerekana ko igice kinini cy’ibicanwa abaturage bakoresha ari ibikomoka ku nkwi, ikintu kigira ingaruka ku bidukijije no ku buzima bw’abatekesha izo nkwi kuko zihumanya ibihaha.

Mu itangazo rya Minisiteri y’ibikorwaremezo handitsemo ko iriya mikoranire izafasha mu kurinda abaturage ibyo byago.

Ikigo Bboxx nicyo kizagira uruhare mu gutanga ibyo bikoresho.

TAGGED:AbaturageArabiaGaziIbikoreshoRwandaSaudi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yaganiriye N’Ubuyobozi Bw’Ihuriro Rw’Ubukungu Ku Isi
Next Article Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

You Might Also Like

Ibidukikije

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?