Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Ni Nk’Isinagogi- Umuraperi Riderman
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

U Rwanda Ni Nk’Isinagogi- Umuraperi Riderman

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 January 2022 9:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu baraperi bakomeye mu Rwanda kandi ubimazemo igihe witwa Riderman yasohoye indirimbo aho avuga ko Abanyarwanda bagomba kurinda u Rwanda inkongi nk’uko Abatambyi bayirinda Isinagogi.

Iyi ndirimo yise Nyegamo Ya Nyagasani, Riderman avuga ko u Rwanda ari igihugu cyo kubahwa kandi ko abambere bagomba kukirinda ari Abanyarwanda ubwabo.

Imikarago ya mbere y’iyi ndirimo Riderman itangira igira iti: “ u Rwanda ni nka Sinagogi twese turi abatambyi tugomba kururinda inkongi, kururinda abanzi.”

Gatsinzi Emery avuga ko uzakomeretsa u Rwanda intoki azazica.

Ni indirimbo irimo amagambo akomeye yumvikanisha ubutwari ndetse n’ubushake buri Munyarwanda yagombye kugira bwo kurinda u Rwanda.

Hari n’aho avuga ko mu bihugu nta kiruta u Rwanda.

Kanda wumve indirimbo Nyegamo Ya Nyagasani:

TAGGED:featuredIndirimboRidermanRwandaUmuraperi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umusaza Nyagashotsi Ubuyobozi Bwamwemereye Televiziyo Bumuha Antenne Gusa
Next Article Umusirikare Urinda Perezida Wa Ukraine Yarashe Bagenzi Be
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Nyagatare: Batashye Isoko Risakaye Bari Barifuje Igihe Kirekire

Urwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abayahudi Baruhumanyije

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushaka Kuba Igihugu Gikize Byuzuye-Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?