Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Ni Nk’Isinagogi- Umuraperi Riderman
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

U Rwanda Ni Nk’Isinagogi- Umuraperi Riderman

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 January 2022 9:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu baraperi bakomeye mu Rwanda kandi ubimazemo igihe witwa Riderman yasohoye indirimbo aho avuga ko Abanyarwanda bagomba kurinda u Rwanda inkongi nk’uko Abatambyi bayirinda Isinagogi.

Iyi ndirimo yise Nyegamo Ya Nyagasani, Riderman avuga ko u Rwanda ari igihugu cyo kubahwa kandi ko abambere bagomba kukirinda ari Abanyarwanda ubwabo.

Imikarago ya mbere y’iyi ndirimo Riderman itangira igira iti: “ u Rwanda ni nka Sinagogi twese turi abatambyi tugomba kururinda inkongi, kururinda abanzi.”

Gatsinzi Emery avuga ko uzakomeretsa u Rwanda intoki azazica.

Ni indirimbo irimo amagambo akomeye yumvikanisha ubutwari ndetse n’ubushake buri Munyarwanda yagombye kugira bwo kurinda u Rwanda.

Hari n’aho avuga ko mu bihugu nta kiruta u Rwanda.

Kanda wumve indirimbo Nyegamo Ya Nyagasani:

TAGGED:featuredIndirimboRidermanRwandaUmuraperi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umusaza Nyagashotsi Ubuyobozi Bwamwemereye Televiziyo Bumuha Antenne Gusa
Next Article Umusirikare Urinda Perezida Wa Ukraine Yarashe Bagenzi Be
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?