Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Ni Nk’Isinagogi- Umuraperi Riderman
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

U Rwanda Ni Nk’Isinagogi- Umuraperi Riderman

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 January 2022 9:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu baraperi bakomeye mu Rwanda kandi ubimazemo igihe witwa Riderman yasohoye indirimbo aho avuga ko Abanyarwanda bagomba kurinda u Rwanda inkongi nk’uko Abatambyi bayirinda Isinagogi.

Iyi ndirimo yise Nyegamo Ya Nyagasani, Riderman avuga ko u Rwanda ari igihugu cyo kubahwa kandi ko abambere bagomba kukirinda ari Abanyarwanda ubwabo.

Imikarago ya mbere y’iyi ndirimo Riderman itangira igira iti: “ u Rwanda ni nka Sinagogi twese turi abatambyi tugomba kururinda inkongi, kururinda abanzi.”

Gatsinzi Emery avuga ko uzakomeretsa u Rwanda intoki azazica.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ni indirimbo irimo amagambo akomeye yumvikanisha ubutwari ndetse n’ubushake buri Munyarwanda yagombye kugira bwo kurinda u Rwanda.

Hari n’aho avuga ko mu bihugu nta kiruta u Rwanda.

Kanda wumve indirimbo Nyegamo Ya Nyagasani:

TAGGED:featuredIndirimboRidermanRwandaUmuraperi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umusaza Nyagashotsi Ubuyobozi Bwamwemereye Televiziyo Bumuha Antenne Gusa
Next Article Umusirikare Urinda Perezida Wa Ukraine Yarashe Bagenzi Be
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Misa Ya Mbere Ya Papa Leo XIV Yasomewe Ku Mva Ya Papa Francis

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?