Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rumaze Gusurwa N’Abayobozi Bane B’Ibihugu Mu Minsi 40
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rumaze Gusurwa N’Abayobozi Bane B’Ibihugu Mu Minsi 40

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2024 1:12 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iminsi ibaye 40 kuva umwaka wa 2024 utangiye. Kuva icyo gihe kugeza ubu hari Abakuru b’ibihugu batatu n’umwami umwe bamaze gusura u Rwanda.

Perezida wa Guinea Mamadi Doumbouya yasuye u Rwanda asiga ahafunguye Ambasade.

Bidatinze mugenzi we uyobora Mozambique Filip Nyusi nawe yageze mu Rwanda aganira na Perezida Kagame uko ibihugu byombi byakomeza gukorana.

Ibihugu byombi bisanganywe umubano n’ubufatanye mu kugarura amahoro muri Cabo Delgado aho ibyihebe byari byarayogoje guhera mu mwaka wa 2017.

Ntibyatinze u Rwanda rwasuwe n’umwami wa Jordania.

Uyu mwami yaganiriye n’ubuyobozi bw’u Rwanda uko Kigali na Amman bakorana mu nzego zitandukanye zirimo ubuhinzi, ikoranabuhanga n’ibindi bikorwa by’iterambere.

Yaganiriye n’u Rwanda kandi ku mutekano muke uri mu Karere u Rwanda ruherereyemo.

Bombi bemeranyije ko inzira y’amahoro ashingiye ku biganiro ari yo ashoboka n’aho intambara ntacyo izageza ku Banyarwanda.

Umunyacyubahiro wa kane wasuye u Rwanda muri iyi minsi ni Perezida wa Pologne Duda uherutse mu Rwanda vuba aha akaba yarahavuye ajya muri Tanzania.

Kuba rusuwe n’abanyacyubahiro bane mu minsi 40 ni ikimenyetso cy’uko u Rwanda rukomeje kwagura amarembo.

TAGGED:AbaperezidafeaturedIbihuguUmwami
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubufatanye Bw’u Rwanda N’Ubuhinde Mu Bya Gisirikare
Next Article Musanze:Umurinzi W’Igihango Yasabye Urubyiruko Kumwigiraho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?