Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rurasaba Uburundi Kutagira Umunyarwanda Buhutaza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurasaba Uburundi Kutagira Umunyarwanda Buhutaza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 January 2024 8:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda avuga ko u Rwanda rutazirukana Umurundi uwo ari wese ahubwo ko rumuhumuriza rukamubwira ko afite kwishyira akizana, akaryama agasinzira. Icyakora asaba Uburundi kwirinda kuzagira Umunyarwanda buhutaza.

Abivuze nyuma y’uko Uburundi bwo bufunze umupaka wabwo n’u Rwanda, bugategeka Abanyarwanda bose bari ku butaka bwabwo gutaha.

Minisitiri w’Umutekano mu Burundi, Martin Niteretse yaraye ashimangiye ko nta Munyarwanda bakeneye ku butaka bw’iki gihugu nk’uko ikinyamakuru SOS Medias Burundi cyabitangaje.

Yagize ati: “Imipaka yose irafunzwe. Ntabwo dukeneye Abanyarwanda ku butaka bw’Uburundi, ndetse n’abari bahari twabafashe tubirukana ku butaka bw’u Burundi.”

Ku ruhande rw’u Rwanda, Guverinoma ivuga ko nta Murundi uzagirirwa nabi, ndetse ngo n’ushaka kuza mu Rwanda avuye mu Burundi ahawe ikaze.

Icyakora u Rwanda rwasabye Uburundi kudahutaza Abanyarwanda bubashushubikanya ngo batahe iwabo.

Mukuralinda yabwiye RBA ati: “ Uburundi bukore k’uburyo nta Munyarwanda uhohoterwa, ngo agirirwe nabi. Bumugeze ku mupaka atahe amahoro adahohotewe.”

Hagati aho mu Burundi, bisa n’aho hari Politiki yo gusubiza abanyamahanga iwabo.

Bikubiye mubyo Minisitiri w’Umutekano mu Burundi, Martin Niteretse aherutse gutangaza ko ba Guverineri b’Intara zose bamuha raporo y’abanyamahanga batuye ku butaka bw’u Burundi.

Yavuze ko Abarundi bagomba gukurikirana bakamenya ‘umunyamahanga wese’ uri ku butaka bw’Uburundi kugira ngo hatagira ubugendaho batazi ‘ihabari yiye’, ni ukuvuga amakuru ye.

Abo yashyize mu majwi mu buryo butaziguye ni Abamasayi.

TAGGED:AbanyarwandaAbarundiBurundifeaturedMukuralindaNiteretse
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article FERWACY Yasinye Amasezerano N’Ibigo Bizayifasha Gutegura Irushanwa Ry’Isi
Next Article Ingabo Z’u Rwanda Zeretse Iz’Amahanga Uko Igisoro Gikinwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Kamonyi: Abagabo Bahaye Umwana Inzoga Bose Irabica

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

You Might Also Like

Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kagame Yishimira Ko Inzego Z’Umutekano Z’u Rwanda Zihagaze Bwuma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Bunyoni Ararembye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Nyagatare: Inka 125,000 Zigiye Gukingirwa Indwara Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?