Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Ruri Kwitegura Kwakira Inama Ya UN
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Rwanda Ruri Kwitegura Kwakira Inama Ya UN

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 June 2023 3:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma y’u Rwanda iri kwitegura kuzakira inama mpuzamahanga y’ishami ry’umuryango ryita ku bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, ibiri mu birwa bito n’ibihugu bidakora ku Nyanja izaruberamo mu mwaka wa 2025.

Umuyobozi w’iri shami witwa Rabab Fatima ari mu Rwanda nawe ngo arebe aho ibintu bigeze byitegurwa kuko izaba ari inama ngari kandi iri mu nshingano ze ngo izagende neza.

Rabab Fatima

Mu Rwanda yahuye n’abayobozi batandukanye barimo na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga.

Yagize ati: “ Nizeye ko u Rwanda ruri mu nzira nziza yo kuzakira iriya nama. Ni inshuro ya gatatu izaba ibaye kuko iba nyuma ya buri myaka 10.”

Rabab Fatima avuga ko yagiranye ibiganiro byiza n’abayobozi b’u Rwanda barimo na Perezida w’Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, Donatille Mukabalisa.

Uyu muyobozi mukuru muri UN avuga ko muri iriya nama abantu bazigira hamwe uko ibibazo bizaba byugarije ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere bimeze n’ibyakorwa ngo bibyikuremo.

Intego izaba ari iyo gushyiraho ibisubizo ibihugu byazagenderaho mu myaka 10 iri imbere.

Rabab Fatima akomoka muri Bangladesh.

"I am confident that #Rwanda is ready to host the 3rd @UN Conference on #LLDCs," Mrs. Rabab Fatima, the Under-Secretary General of @UNOHRLLS, said while concluding her visit to #Rwanda last week. pic.twitter.com/IRCXFkvXFC

— UN Rwanda (@UNRwanda) June 5, 2023

TAGGED:BirutaIbihuguInamaIterambereUN
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mibare: Uko Koperative Zihagaze Mu Rwanda
Next Article Rwanda: Abashinzwe Umutekano Bari Guhugurwa K’Ukwita Ku Mbunda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?