Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwabonye Imashini Zita Ku Bana Bavutse Imburagihe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Rwanda Rwabonye Imashini Zita Ku Bana Bavutse Imburagihe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 November 2023 1:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’igihugu kita ku mikurire y’abana, NCDA, cyashyikirijwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana UNICEF imashini 80 zo gushyushya abana bavutse igihe nyacyo kitageze.

Zose zifite agaciro ka $300,000

Zitwa “Continuous Positive Airway Pressure” ( CPAP ) zikazajyanwa hirya no hino mu bitaro by’u Rwanda.

Imashini yo muri ubu bwoko ifasha umwana guhumeka neza ikaba ishobora kugabanya ibyago byo gupfa ku gipimo cya 50%.

RBC igaragaza ko mu Rwanda abana 19 ku 1000 bapfa bakivuka bazize impamvu zitandukanye.

Umuyobozi ushinzwe ubuzima bw’umwana n’umubyeyi muri RBC, Dr Aline Uwimana avuga ko indwara z’ubuhumekero ziri mu ziza ku isonga mu guhitana abana bavuka.

Avuga ko  Leta y’u Rwanda yita ku bana mu buryo bwinshi harimo no kongera ibikoresho byo kubafasha guhumke.

Dr Uwimana Aline ati: “Ni gahunda ihoraho kugira ngo ibikoresho dufite bicungwe neza, bikoreshwe neza hanyuma habeho igihe cyo kugura ibindi kugira ngo ibishaje bisimburwe.”

Zizagabanya ibyago by’uko abana bapfa kubera ko bavutse imburagihe

Umuyobozi wungirije wa UNICEF mu Rwanda  Min Yuan yavuze ko bishimiye gukomeza ubufatanye n’u Rwanda batanga ibyo bikoresho mu rwego rwo kuzamura imibereho, imikurire n’iterambere ry’ababyeyi n’abana.

Ati ” Iki gihugu kizagira ejo hazaza heza mu gihe abana bacyo bose bazafite ubuzima bwiza. Turashimira abaterankunga bacu bose badushoboza gutanga ibyo bikoresho.”

Kuva mu 2021, UNICEF imaze gushyikiriza u Rwanda ibikoresho bikiza ubuzima bw’umwana n’umubyeyi bifite agaciro ka miliyoni $ 5.

TAGGED:AbanafeaturedImashiniUbuzimaUNICEF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu Batandatu B’i Kayonza Bapfiriye Mu Kirombe
Next Article DRC Yegereje u Rwanda Indege Zikomeye Z’Intambara
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?