Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 November 2025 9:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kimwe mu byakorewe mu nama iri kubera muri Guinea Conakry yiga ku ikoranabuhanga yiswe Transform Africa Summit ni ubufasha u Rwanda rwahaye iki gihugu mu guhanga ikoranabuhanga rizafasha mu gutunganya amasoko ya Leta.

Perezida Paul Kagame wafunguye iyi nama yavuze ko ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rikwiye gukora mu nyungu z’abaturage ba Afurika.

Avuga ko Afurika idakwiye gutinya gukoresha ubwenge buhangano kuko ubusanzwe iri koranabuhanga rigira akamaro.

Kagame, usanzwe ari na Perezida w’Inama y’ubutegetsi ya Transform Africa Alliance, asanga mu myaka icumi ishize iri huriro rishinzwe, ryaragize akamaro kanini.

Ni Ikintu avuga ko cyagize akamaro kandi gihuriwemo n’ibihugu 42.

Ati: “Ibyo twiyemeje ubwo twatangiraga uru rugendo n’ubu turacyabihagazeho, kandi hari intambwe ishimishije turi gutera. Tugomba kugendana n’impinduka ziriho.”

Perezida Kagame asanga guhitamo ikoranabuhanga rizafasha Afurika hashingiwe kubyo abayituye bakeneye ari byo bikwiye.

Kagame yavuze ko igihugu ayoboye kizakoresha ubwenge buhangano mu kuzamura ubukungu ku kigero cya 5%.

Mamadi Doumbouya uyobora Guinea Conakry avuga ko ibizigirwa muri iriya nama bihuye n’ibyo yateganyije kuzageza ku gihugu mu myaka 15 iri imbere.

Avuga ko ari byo bizageza abaturage be ku iterambere rikwirakwijwe muri benshi.

Guinea Conakry iherutse gutangiza gahunda bise SIMANDU 2040 yitezweho kuzaba intandaro yo guteza imbere abatuye iki gihugu.

TAGGED:ConakryfeaturedIkoranabuhangaKagamePerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare
Next Article Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?