Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubufaransa Bwahaye u Rwanda Miliyoni € 400
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ubufaransa Bwahaye u Rwanda Miliyoni € 400

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 April 2024 11:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Biruta na Sejourné bamaze gusinya aya masezerano
SHARE

Bimwe mu bikubiye mu masezerano Ubufaransa bwaraye businyanye n’u Rwanda ni uko iki gihugu kizarutera inkunga ya Miliyoni € 400 yo kuzafasha mu iterambere ry’u Rwanda hagati y’umwaka wa 2024 n’umwaka wa 2028.

Amakuru avuga ko hamwe muho azakoreshwa ari mu guteza imbere ingendo za Rwandair, indege z’iki kigo ziteganya kwagura ingendo zikorera mu Bufaransa n’ahandi ku isi mu myaka iri imbere.

Ayo masezerano asinywe asanga andi yari yarasinywe mu yindi myaka ine ishize aho Ubufaransa bwageneye u Rwanda andi mafaranga arenze ayo ho gato agenewe guteza imbere ibikorwa bitandukanye birimo n’uburezi.

Isinywa ry’amasezerano hagati y’u Rwanda n’Ubufaransa muri buriya bufatanye ryakozwe hagati ya Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubufaransa Stéphane Sejourné na mugenzi we Dr. Vincent Biruta.

Aya masezerano asinywe mu gihe gikwiye kuko Ubufaransa buherutse kwemera ko hari ibyo bwirengagije ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yakorwaga bityo bukemera ko hari uruhare rwabigizemo.

Biruta na Sejourné bamaze gusinya aya masezerano

Perezida wabwo Emmanuel Macron aherutse kuvuga ko iyo Ubufaransa bwo ku butegetsi bwa François Mittérand buza gutabara Abatutsi bicwaga, ubwicanyi buba bwarahagaze.

Bill Clinton wahoze utegeka Amerika hagati ya 1993 kugeza mu mwaka wa 2001 nawe yigeze kuvuga ko ntawahindura ibyabaye mu mateka, ariko ko ari ngombwa ko abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo babaho neza kandi barindwa ko hari ibindi bibi byazongera kubabaho bo n’abandi batuye u Rwanda.

TAGGED:BirutafeaturedPerezidaRwandaSejourneUbufaransa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yacanye Urumuri Rutazima
Next Article Muri Israel Bibutse Jenoside Yakorewe Abatutsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?