Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubufaransa Nabwo Burasaba u Rwanda Kuva Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ubufaransa Nabwo Burasaba u Rwanda Kuva Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 February 2024 4:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Ubufaransa iyobowe na Stéphane Sejourné yasohoye itangazo rivuga ko iki gihugu gisaba u Rwanda kuvana ingabo zarwo n’intwaro ku butaka bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Ubufaransa kandi byavuze ko M23 igomba guhagarika ibitero iri gukora ku ngabo za DRC cyane  cyane mu bice bya Goma na Sake.

Sejourné avuga ko kugira ngo ibintu bigarukaemu mahoro, ari ngombwa ko impande zose zirebwa n’iriya ntambara zikurikiza ibikubiye mu masezerano y’i Luanda muri Angola n’i Nairobi muri Kenya.

Mu mvugo ishobora kuza kugora abayobozi b’imitwe irwanya DRC, Ububanyi n’amahanga bw’Ubufaransa bwayisabye yose gushyira intwaro hasi, amahoto akagaruka.

Iki gihugu ariko nanone kivuga ko ingabo za DRC zigomba guhagarika gukorana na FDLR, umutwe Ubufaransa bwemeza ko ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.

Itangazo rya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Ubufaransa ku kibazo cya DRC na M23.

Stéphane Sejourné avuga ko igihugu cye kizakomeza guharanira ko ibikubiye mu masezerano yasinyiwe mu bihugu byanditswe haruguru akurikizwa kandi ngo buzatanga umusanzu wabwo kugira ngo bigerweho.

Guverinoma y’u Rwanda ivuga kenshi ko itari muri kiriya gihugu kandi ko ibibazo bikiberamo bidakwiye kubazwa ubuyobozi bw’u Rwanda kuko butabishinzwe.

Ifoto: Stéphane Sejourné

TAGGED:BufaransafeaturedInyeshyambaM23Rwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunya Colombia Yatwaye Agace Ka Huye- Rusizi
Next Article Polisi Yigishije Incuke Kuzimya Inkongi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Tuzakomeza Gukorana N’u Rwanda No Mu Guhanga Udushya-Amb Wa Israel

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

You Might Also Like

Mu mahanga

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?