Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubufatanye Bw’Afurika N’Ubushinwa Buzakomeza Gutera Imbere- Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ubufatanye Bw’Afurika N’Ubushinwa Buzakomeza Gutera Imbere- Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 September 2024 12:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame yabwiye bagenzi bari mu Bushinwa mu nama iri kubahuza na mugenzi wabo uyobora Ubushinwa ko nubwo hari ibigoye biri ku isi, ariko hari n’amahirwe yo kubivamo.

Avuga ko ubufatanye hagati y’impande zombi ari bwo buzatuma ibyo bibazo Afurika ibisohokamo.

Yagize ati: “ Ku isi haduka ibibazo bitandukanye ariko nanone ntihabura amahirwe aboneka hirya no hino. Nizera ko ubufatanye hagati yacu n’Ubushinwa buzatuvana muri ibyo bibazo twemye”.

Kagame yabwiye abitabiriye iyi nama ko kuva Afurika yatangira gukorana bya hafi n’Ubushinwa, yateye intambwe igaragara mu by’inganda, abaturage babwo barushaho gukorana n’Abanyafurika.

Avuga ko Afurika ikwiye gukomereza muri uwo mujyo, ikaba umugabane uzi kubyaza umusaruro imikoranire yawo n’Ubushinwa mu mishinga itatu yagenwe na Perezida Xi w’Ubushinwa.

Perezida Kagame avuga ko kugira ngo amajyambere agere ku batuye Afurika ari ngombwa ko imiyoborere ikomeza kuba myiza, abaturage bagahabwa umwanya mu bibakorwa.

Asanga ari ngombwa cyane ko abayobozi bakorana hagati yabo mu nyungu zabo bayoboye.

Perezida Paul Kagame mu ijambo rye yavuze ubwo yayoboraga ibiganiro byahuzaga ubuyobozi bukuru bw’Ubushinwa n’Abakuru b’ibihugu bya Afurika, yavuze ko abaturage ari bo bakwiye kuza ku mwanya wa mbere.

Indi wasoma:

Umubano W’u Bushinwa N’Afurika Ukomeje Kwaguka

TAGGED:AfurikafeaturedKagameUbufatanyeUbushinwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umushahara Wa Perezida Wa FERWAFA Wazamuwe Cyane
Next Article Mu Rukiko Musonera Yagaragaje Gupfobya Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?