Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubugiraneza Ni Ingenzi Ariko Umunyafurika Agahitamo Ikimufitiye Akamaro- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ubugiraneza Ni Ingenzi Ariko Umunyafurika Agahitamo Ikimufitiye Akamaro- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 October 2022 6:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda yabwiye abitabiriye Ihuriro Nyafurika ry’Abagiraneza, African Philanthropy Forum ko n’ubwo ibikorwa by’ubugiraneza ari ingenzi mu mibanire y’abantu, ariko ngo Abanyafurika bagombye kumva ko ibibakorerwa byose byagombye gushingira ku cyifuzo cyabo cyo kugira ejo heza hiyubashye.

Perezida Kagame avuga ko n’ubwo abantu bakenera amafaranga ngo bakore biteze imbere kandi kubafasha kuyabona nabyo bikaba ntacyo mu by’ukuri bitwaye, ariko ngo agaciro k’uyahabwa gakwiye kuza imbere.

Avuga ko uhabwa amafaranga aba agomba kubigiramo uruhare, ntafatwe nk’uwo guhabwa gusa.

Umukuru w’u Rwanda avuga ko ufashwa nawe agomba guhabwa ijambo kuko aba afite agaciro

Ihuriro nyafurika ry’abagiraneza, The African Philanthropy Forum, ni umuryango mugari w’abagira neza bo muri Afurika bagamije gufasha abandi kugera ku ntego zabo z’ejo hazaza.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ku rubuga rwabo banditse ko bagamije iterambere n’ijambo ry’Umugabane w’Afurika muri rusange.

Bavuga ko bifuza ko inkunga itangwa n’Abanyafurika yazasimbura inkunga amahanga aha Afurika, iyi ntego ikazaba yaragezweho mu mwaka wa 2030.

Bemeza ko bashaka kuzaba bafite byibura Miliyari $42 muri uriya mwaka.

Umuryango The African Philanthropy Forum (APF) washinzwe mu mwaka wa 2014.

Muri iki gihe, uyu muryango ukorera mu Rwanda, muri Nigeria, muri Maroc, muri  Tanzania, muri Uganda, mu Misiri, muri Cameroun, muri Ghana, muri Ethiopia no muri Afurika y’Epfo.

- Advertisement -

Kugeza ubu ugizwe n’abagiraneza 950.

Mu ijambo rye kandi, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze  hakiri byinshi byo gukora kugira ngo u Rwanda rugere ku buringanire n’ubwuzuzanye hagati y’abagabo nabagore mu buryo busesuye.

Icyakora ngo hari intambwe ndende yatewe.

 

TAGGED:AbagiranezaAfurikafeaturedIhuriroKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubukungu Bw’Afurika Yo Munsi Y’Ubutayu Bwa Sahara Burasubira Inyuma-IMF
Next Article Umubano W’U Rwanda Na Rhineland-Palatinate Mu Mibare
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?