Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubukungu Bwa Kenya Bwaciye Ku Bwa Angola
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ubukungu Bwa Kenya Bwaciye Ku Bwa Angola

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 April 2024 3:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigega mpuzamahanga cy’imari gitangaza ko amakuru y’ubukungu avuga ko Kenya iri kugira ubutunzi buruta ubwa Angola, ikazaba iya kane mu bukungu nyuma ya Afurika y’Epfo, Nigeria na Ethiopia.

Ni umwanya iki gihugu kiriho kuzageza byibura mu mwaka wa 2029.

Mu mwaka wa 2023 umusaruro mbumbe wa Kenya wanganaga na miliyari $ 108.9 mu gihe mu mwaka wabanje wa 2022 wanganaga miliyari $113.7

Ikindi gitangazwa na IMF ni uko na Ethiopia ishobora kuzaca kuri Nigeria mu by’ubukungu, ikaba iya kabiri mu bukungu bw’Afurika.

Mu mwaka wa 2020 ubukungu bwa Ethiopia bwari buto ku bwa Kenya ariko bukomeje gutera imbere cyane ndetse ngo bwazamutseho miliyari $159.74 mu mwaka wa 2023.

Ni amafaranga yatumye ica kure kuri Kenya.

The East African yanditse ariko ko ‘hari amakuru’ y’uko imibare ivuga ku bukungu bwa Ethiopia bwaba bukabirizwa.

Bavuga ko ibyo bikabyo bishoboka kubera ko hari igihe kinini iki gihugu cyamaze mu ntambara, bakibaza aho ariya madolari yavuye.

Abahanga bavuga ko ubukungu bwa Ethiopia bwazamutse ku kigero cya 7.2 ku ijana buba ubwa mbere bwazamutse kuri icyo gipimo muri Afurika yose muri icyo gihe.

Kenya, ku rundi ruhande, yazamuye ubukungu ku gipimo cya 5.5 ku ijana mu mwaka wa 2023.

Twabibutsa ko Ethiopia ari cyo.gihugu cya kabiri gituwe n’abaturage benshi nyuma ya Nigeria.

Iyo ingengo y’imari izamuka n’umusaruro mbumbe bikaba uko bikurura abashoramari kuko biba bigaragaza ko ubukungu bw’igihugu buhagaze neza.

TAGGED:featuredKenyaUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Drones Zigira Uruhare Rwa 75% By’Amaraso Agezwa Mu Bitaro
Next Article Igice Kimwe Cy’Umuhanda Nyamagabe-Rusizi Si Nyabagendwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?