Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubukungu Bwa Kenya Bwaciye Ku Bwa Angola
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ubukungu Bwa Kenya Bwaciye Ku Bwa Angola

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 April 2024 3:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigega mpuzamahanga cy’imari gitangaza ko amakuru y’ubukungu avuga ko Kenya iri kugira ubutunzi buruta ubwa Angola, ikazaba iya kane mu bukungu nyuma ya Afurika y’Epfo, Nigeria na Ethiopia.

Ni umwanya iki gihugu kiriho kuzageza byibura mu mwaka wa 2029.

Mu mwaka wa 2023 umusaruro mbumbe wa Kenya wanganaga na miliyari $ 108.9 mu gihe mu mwaka wabanje wa 2022 wanganaga miliyari $113.7

Ikindi gitangazwa na IMF ni uko na Ethiopia ishobora kuzaca kuri Nigeria mu by’ubukungu, ikaba iya kabiri mu bukungu bw’Afurika.

Mu mwaka wa 2020 ubukungu bwa Ethiopia bwari buto ku bwa Kenya ariko bukomeje gutera imbere cyane ndetse ngo bwazamutseho miliyari $159.74 mu mwaka wa 2023.

Ni amafaranga yatumye ica kure kuri Kenya.

The East African yanditse ariko ko ‘hari amakuru’ y’uko imibare ivuga ku bukungu bwa Ethiopia bwaba bukabirizwa.

Bavuga ko ibyo bikabyo bishoboka kubera ko hari igihe kinini iki gihugu cyamaze mu ntambara, bakibaza aho ariya madolari yavuye.

Abahanga bavuga ko ubukungu bwa Ethiopia bwazamutse ku kigero cya 7.2 ku ijana buba ubwa mbere bwazamutse kuri icyo gipimo muri Afurika yose muri icyo gihe.

Kenya, ku rundi ruhande, yazamuye ubukungu ku gipimo cya 5.5 ku ijana mu mwaka wa 2023.

Twabibutsa ko Ethiopia ari cyo.gihugu cya kabiri gituwe n’abaturage benshi nyuma ya Nigeria.

Iyo ingengo y’imari izamuka n’umusaruro mbumbe bikaba uko bikurura abashoramari kuko biba bigaragaza ko ubukungu bw’igihugu buhagaze neza.

TAGGED:featuredKenyaUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Drones Zigira Uruhare Rwa 75% By’Amaraso Agezwa Mu Bitaro
Next Article Igice Kimwe Cy’Umuhanda Nyamagabe-Rusizi Si Nyabagendwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?