Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubukungu: RDB hari ibyo isaba abantu mbere yo gusura ahantu nyaburanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ubukungu: RDB hari ibyo isaba abantu mbere yo gusura ahantu nyaburanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 January 2021 10:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere( RDB) cyasohoye itangazo rikubiyemo amabwiriza mashya areba abantu bose bifuza gusura ahantu nyaburanga mu Rwanda arimo na za Pariki.Ni amabwiriza ashingiye ku byemezo biherutse gutangazwa n’Inama y’Abaminisitiri bivuga ko uko Abanyarwanda bakwitwara kugira ngo ntibandure cyangwa ngo banduzanye COVID-19.

RDB yayasohoye mu rwego rwo gushyira ho umurongo wakurikizwa mu rwego rw’ubukerarugendo.

Ubukerarugendo buza ku myanya y’imbere mu kwinjiza amafaranga menshi mu isanduku ya Leta y’u Rwanda.

Amabwiriza RDB yasohoye akubiyemo ibi bikurikira:

–Abagenzi, ubariyemo n’abashoferi , basabwa kuzuza inyandiko isaba uruhushya rw’inzira iboneka ku rubuga www.visitrwanda.com/domestic-tourists-facilitation-form/ , bagashyiraho kopi z’ibyemezo by’uko bipimishine COVID-19, bakaba ari bazima, bakabyohereza domestictourism@rdb.rw hasigaye nibura amasaha 24 ngo batangire urugendo.

–Ibipimo byemewe ku basura Pariki za Nyungwe, Ibirunga, na Gishwati-Mukura ni ibyifashishije uburyo bwa RT-PCR, byafashwe mu gihe kitarenze amasaha 72 mbere yo gusura Pariki.

–Ku basura Pariki y’Akagera, ibipimo byafashwe hifashishijwe uburyo bwa Rapid Antigen Test mu gihe kitarenze amasaha 72 mbere yo gusura Pariki nabyo biremewe.

–Abasura ahandi hose, ndetse n’abacumbika muri Hoteli basabwa kuba bipimishije COVID-19 hifashishijwe uburyo bwa RT-PCR cyangwa ubwa Rapid Antigen Test kandi bakaba bazima.

RDB iributsa abantu bose ko bagomba kubahiriza amabwiriza y’isuku no kwirinda yatanzwe na Minisiteri y’ubuzima hagamijwe kwirinda ikwirakwira rya COVID-19.

Pariki ya Gishwati Mukura
Pariki y’Akagera
TAGGED:COVID-19featuredGishwatiNyungweRDB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Demukarasi y’Abanyamerika nayo ifite ibyuho
Next Article ‘Abana’ baratangira ishuri kuri 18, Mutarama, 2021, ese COVID-19 bazayirindwa bate?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?